Ese abari mu ijuru bashobora kutubona twe bakiri mu isi? Menya ukuri
Nubwo rwose bishoboka ko Imana yakwemerera abari mu ijuru kureba uko abo basize bameze, ntacyo
Nta na hamwe Bibiliya yemeza cyangwa ngo ihakane ko abari mu ijuru bashobora kutubona hano ku isi. Ariko ibyari byo byose, dutekereza ko batatubona. Uti kubera iki? Icya mbere, kutureba ino ku isi bahabona ibintu byabatera intimba n'agahinda, kubera icyaha n'ikibi byuzuye hose. Kuko tuzi yuko nta gahinda cyangwa intimba biba mu ijuru (Ibyahishuwe 21:4), birashoboka ko ubwo batareba ibibera ku isi kuko byabatera uwo munabi. Icya kabiri, abari mu ijuru barangajwe cyane no guhora baramya Imana no kwizihira ubwiza bwaho ku buryo rwose ntacyo baba bashaka kureba ku isi. Byonyine kuba bararokotse icyaha, ubu bakaba bibera mu bwiza no kubaho by'Imana mu ijuru birahagije ngo ntihagire ikindi batekereza uretse byo.
Nubwo rwose bishoboka ko Imana yakwemerera abari mu ijuru kureba uko abo basize bameze, ntacyo Bibiliya ibivugaho na gatoya.

Umubwiriza 9:5 havuga ko uwapfuye ntacyo aba azi, bityo ko abapfuye batagiye mu Ijuru nk'uko inkuru yanyu ibigaragaza ahubwo ko ntacyo bazi, bategereje umuzuko.
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei
Tuyizeresamuei